Ku bufatanye bw’Ikigo cyo muri Israel kitwa Save A Child’s Heart na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, abana icumi baherutse koherezwa muri Israel kugira ngo bavurwe umutima. Umutima ugira ibibazo...
Umwe mu bahanzi banacuranga gitari ya solo uzwi kurusha benshi ku isi witwa Carlos Santana yaraye yikubise hasi by’amarabira ari mu gitaramo rwagati. Byabereye i Michigan mu nzu mberabyombi yitwa Pine...
Umuhanzi Semivumbi Daniel wamamaye nka Danny Vumbi yapfushyije Nyina wataburutse mu buryo butunguranye. Uyu muhanzi yabwiye IGIHE ko mu mwaka washize Nyina yasuzumishijwe basanga arwaye umutima baram...
Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse cyane baba bafite hagati...
Umubyibuho ukabije ni ikibazo cy’ubuzima hirya no hino ku isi ariko cyane cyane mu bihugu bikize n’ibitangiye gukira. Bavuga ko umuntu afite umubyibuho ukabije iyo bafashe uburebure bwe n’ibiro bye ba...
Umwana w’imyaka 11y’amavuko ukomoka mu Bubiligi witwa Laurent Simons aherutse guhabwa impamyabumenyi ya Kaminuza mu bugenge. Avuga ko intego ye ari ukuzakora ikoranabuhanga ryo kubuza abantu gusaza no...
N’ubwo byari bisanzwe bizwi ko kurya inyama nyinshi byongera ibinure mu mitsi bigatuma amaraso adatembera neza, ubushakashatsi bwerekanye ko ubukana bw’iki kibazo burenze ubwo abantu basanzwe bazi. Ni...
Nyuma y’urupfu rwa Dr. Isaïe Mushimiyimana wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riri i Busogo, Ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko yar...






