Prof. Joseph Mucumbitsi usanzwe ari umuganga w’indwara z’abana ndetse akavura umutima n’imitsi, avuga ko mu Rwanda hari ikibazo cy’ubuzima gikomeye kuko 8% by’urubyiruko rufite imyaka y’amavuko iri ha...
Bisanzwe bizwi ko abantu bagejeje cyangwa barengeje imyaka 55 bagira ibyago byinshi byo kurwara indwara z’umuti n’imitsi, bigaterwa ahanini n’uko nyine baba bashake, izo ngingo zitagikora neza. Muri i...
Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda riremeza amakuru yari yazindutse yandikwa y’uko Alain Mukuralinda yatabarutse. Muri iri tangazo rigufi, handitswemo ko Alain Mukuralind yaguye mu bitaro bya Faysal a...
Muri Uganda umusifuzi witwa Peer Kabugo yapfiriye mu kazi ari gusifura umukino wahuje SC Villa n’ikipe y’ingabo za Uganda yitwa UPDF. Hari mu mukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Ugan wabaye...
Minisiteri y’ubuzima ikunze kubwira abaturage ko kimwe mu byugarije ubuzima bw’abatuye imijyi y’u Rwanda ari uko badakora imyitozo ihagije bigatuma ibyago by’uko barwara indwara zitandura byiyongera. ...
Abize uko imitsi n’amaraso by’umuntu bikora bemeza ko iyo umuntu agenze n’amaguru ahantu hagerwa intambwe hagati ya 9,000 na 10,000 aba agiriye neza umutima we, ibihaha bye n’uruhu rwe. Hari abemeza ...
Mu buzima hari ibintu bibiri bitangaza abantu kurusha ibindi. Gusaza no gusinzira. Gusaza ni byo ni ikindi kindi. Abantu bibaza ikintu kiba mu mubiri w’umuntu gituma umusore w’inkorokoro ahinduka umus...
Michael Moussa Adamo wari ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Gabon yaraye atabarutse avuye mu nama y’Abaminisitiri. BBC yanditse ko bikekwa ko yazize umutima. Uyu mugabo wari ufite imyaka 62 y’amavuko ...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora siporo mu minota itanu ntibya...
Igikomangoma Bajrakitiyabha wa Thailand ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo. Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa ze ubwo yakoreraga siporo...









