Ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya indwara, Africa CDC, cyemeje ko impinja zifite munsi y’ibilo bitanu zizajya zihabwa umuti wa malaria witwa artemether-lumefantrin. Igeragezwa ry’uyu muti ryakorewe m...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurandura SIDA, inzego z’ubuzima zigiye gutangira guha abantu umuti witwa ‘Cabotegravir Long Acting’ bahina uukitwa CAB-LA. N umuti uterwa mu rushinge hagamijwe...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bamaze igihe baha abaturage inzitiramubu. Bamwe muri bo ni abanyeshuri biga baba mu bigo. Abo muri Saint Joseph i Kabgayi bavuga ko kurara neza mu nzitir...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko umuti wahabwaga abana witwa Benylin Pediatrics Syrup ufite umubare uwuranga wa 329304. Ni umuti u...
Kubera ko amenyo y’umuntu ari urugingo rw’ingenzi mu gutuma igogora rishoboka, abahanga mu ndwara ziyafata basaba ababyeyi gutoza abana kuyoza kuva agitangira kumera. Icyakora bivugwa ko umwana ufite ...
Mu Mudugudu wa Ruhondo, Akagari ka Ruhinga, Umurenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi haramutse inkuru y’umusore w’imyaka 21 waraye wiyahuje umuti wica udukoko bita Tsiyoda. Yari avuye gutaha ubukwe. Ab...
Mu Karere ka Ngororero haravugwa inkuru y’umwarimu witwa Irené wiyahuye ntiyapfa kubera impamvu bivugwa ko zatewe n’ubwinshi bw’imyenda yafashe ngo akore ubukwe. Ubukwe bwe bwabaye taliki 03, Nyakanga...






