Abasenateri bari mu ngendo mu Turere tw’u Rwanda basabye ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu gushyira iherezo ku bujura n’urugomo bikorwa n’agatsiko k’insoresore zigize ibihazi bazwi nk’Abuzukuru ba Shita...
Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...
Nyuma y’uko abaturage baturiye amazi y’amashyuza basabye ko habaho uburyo bwo kuyarinda kuko hari abayagwamo cyane cyane abana, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita umutungo kamere w’amazi, Rwanda Water B...
Mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira mu kazi abakozi bato b’umwuga bashya b’Ikigo cy’Urwego rw’Igihugu rw’Igorora, RCS. Ni abakozi 497 bari bamaze igihe bahugurirwa kubahiriza uburengan...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe amahugurwa Assistant Commissioner of Police( ACP) Barthelemy Rugwizangoga avuga ko yaba Polisi cyangwa urundi rwego rw’umutekano w’u Rwanda rugomba gutera int...
Umwami Abdallah II wa Jordanie aragera mu Rwanda kuri iki Cyumweru nk’uko amakuru agera ku bwanditsi bwa Taarifa abyemeza. Nirwo rugendo rwa mbere araba ahakoreye, rukaba rugamije gushimangira umubano...
Mu ijambo aherutse kugeza ku Banyarwanda ubwo yabifurizaga kurangiza neza umwaka wa 2023 bakazakomereza no mu mwaka wa 2024, Perezida Kagame yababwiye ko kubarindira umutekano ari ingenzi kandi azabih...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga aherutse kubwira itangazamakuru ko ingabo z’u Rwanda zihora ziteguye intambara. Yasubizaga ku bimaze iminsi bivuzwe na Perezida wa DRC Felix Tshi...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana yaraye asabye Polisi y’u Rwanda kuzakomeza kuba maso mu minsi mikuru irangiza umwaka, ikazaba mu mutekano usesuye. Yabisabiye mu Nama nkuru ya Polisi y’u...









