Ubwo yagezaga ijambo ku bari baje kwitabira Inama nto yigaga ku mutekano mu Karere u Rwanda na DRC biherereyemo, Perezida yababwiye ko igihugu cye kihagazeho kandi kiri maso ku muntu cyangwa icyo ari ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024 Perezida Kagame yitabiriye inama yigaga ku mutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inama nto yari yitabir...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwagiranye inama n’ubw’Ikigo cy’Amahugurwa n’Ubushakashatsi cy’Umuryango w’Abibumbye (UNITAR) mu rwego rwo kurebera hamwe uko mu Rwanda hakubakwa ikigo cy’icyitegererezo...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza avuga ko abapolisi bari mu bantu ba mbere bakwiye kubazwa uko basohoza inshingano zabo kuko izo nshingano zireba umutekano ...
Komiseri ushinzwe kurinda ibikorwa remezo no kugenzura imikorere y’ibigo byigenga bicunga umutekano CP John Bosco Kabera yavuze ko bimwe muri ibi bigo bidakora kinyamwuga bigiye guhagurukirwa. Y...
Ni imbwa zitozwa zikiri nto kumenya aho ikintu runaka Polisi ikemanga giherereye. Mu byo zisaka harimo ibisasu n’ibiyobyabwenge. Zitabazwa ahari buhurire abantu benshi, aho abayobozi bari buce cyangwa...
Mu mvugo yeruye, Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 ko abakanga Abanyarwanda ko bazabahungabanyiriza umutekano bibeshya. Yongey...
Ubuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko hari umusore warashwe arapfa ubwo we na bagenzi be barwanyaga abashinzwe umutekano. Abavugwaho ubwo bujura ngo bari bitwaje ibyuma bya f...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo asaba amahanga guhagurukira ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kirekire muri Haïti kuko cyatumy...
Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred Gasana ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye bari muri Qatar mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Bo na bagenzi babo ...









