Amakuru ava mu Mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Nzeri, 2024 abari baravanywe mu byabo n’intambara muri uyu mujyi baramukiye mu myigaragambyo basaba ko bemererwa baga...
Urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali rwaraye ruhuguwe na Polisi ku bumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire ibarinda mu gihe bawuk...
Mu minsi mike ishize Polisi y’u Rwanda yakoresheje Inteko ngarukamwaka y’abapolisikazi igamije kurebera hamwe uruhare bagira mu mikorere y’uru rwego rw’umutekano imbere mu gihugu. Yitabirwa n’abapoli...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yirukanye mu ngabo z’u Rwanda Major General Martin Nzaramba na Col Etienne Uwimana n’abandi ba ofisiye bakuru muri izi ngabo. Ibi bi...
Minisitiri w’Umutekano Dr. Vincent Biruta yabonanye na Polisi ku nshuro ya mbere kuva yajya muri izi nshingano ayisaba guhagurukira ubuzererezi n’ibiyobyabwenge. Ni ikiganiro yagiranye n’ubuyobozi buk...
I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa. Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzw...
Coaster yavaga i Karongi igana i Rusizi yageze mu Mudugudu wa Kibirizi mu Kagari ka Jarama mu Murenge wa Gihombo muri Nyamasheke ikora impanuka ikomeye yakomerekeyemo abantu 27 umwe arahagwa. Polisi ...
Perezida wa Brazil Lula Da Silva yatangaje ko igihugu cye kiri mu kababaro kenshi nyuma y’ihanuka ry’indege yari itwaye abantu 62 bose bakaba bapfuye. Ni indege y’ikigo kitwa Voepass, ikaba yagize iyo...
Iryo shimwe rikubiye mu kiganiro gito Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra yahaye abanyamakuru nyuma yo kwakira urubyiruko rw’abantu 634 batojwe n’ingabo z’u Rwanda ibya gi...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe n’itsinda rye bitabiriye inama y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga yiga ku mutekano muke muri DRC yabereye muri Angola. Ni inama...









