Abarwanyi bagera ku 110 bo mu mitwe yitwaje intwaro irimo FDLR/FOCA bamanitse amaboko, bishyikiriza Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC. Bari bafite imbunda 73. Bishyikirije ingabo za L...
Ikigo gishinzwe kurengera ibidukikije muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ICCN, cyatangaje ko cyataye muri yombi umugabo witwa Jackson Muhukambuto, wayoboraga umutwe w’inyeshyamba ushinjwa kwica a...
Ubwo yaganirizaga abapolisi bari bamaze iminsi mu mahugurwa y’uburyo bakorana n’abaturage, Umuyobozi wungiriije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP/Ops Felix Namuhoranye yababwiye ko buryo umu...
Taarifa imaze kubona itangazo ryavugaga ko Minisiteri y’ingabo z’u Burundi ivuga ko abateye u Rwanda bataturutse ku butakwa bwabwo, yabajije umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Col Floribert Biyereke niba ...
Abajura cyane cyane abapfumura inzu z’abaturage babikora kuko hari uburyo bumwe cyangwa ubundi babonye icyuho mu bwirinzi bwa nyiri urugo. Iyo bidatewe n’uko umuntu yaraye yibagiwe gukinga neza, bit...
Nyuma yo kwereka itangazamakuru umugabo ukorera kimwe mu bigo byigenga bicungira abaturage umutekano avugwaho uruhare mu bujura bw’aho yarindaga, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(...
Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya Gako Maj. Gen. Innocent Kabandana yavuze ko abanyeshuri binjijwe mu ngabo z’u Rwanda kuri uyu wa Mbere bakoze akazi gakomeye, ku buryo atari bose babashije kurang...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje kubaka ubushobozi bw’ingabo zarwo nta we bikwiye gutera ubwoba, kuko bigamije guha abaturage umutekano bakeneye ngo biteze imbere. Yabigarutseho k...
Tchad ni igihugu kihagazeho muri byinshi ariko cyane cyane ku gisirikare. Kuba giherutse gupfusha Umukuru w’Igihugu ni ibyago bigikomereye ariko bitazabura kugira ingaruka ku karere iherereyemo. Iki g...
Umuyobozi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ibigo byigenga bicunga umutekano Assistant Commissioner of Police (ACP) Jean Nepomuscène Mbonyumuvunyi avuga ko itegeko rishya rigenga biriya bigo ri...









