Perezida wa Uganda yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame. Byabereye i Nairobi aho Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu muhango wo kwakira DRC mu Muryango w’Afurika y...
I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umuteka...
Abayobozi b’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza Congo Brazzaville baraye bahuye basinya amasezerano y’ubufatanye. Hari mu nama ya munani isanzwe ihuza impande zombi, ikaba iterana igamij...
Hagati y’Italiki ya 28 n’italiki ya 31, Werurwe, ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zahaye ubufasha bw’imiti abatuye agace ka Malakal muri Sudani y’Epfo . Byakozwe n’abasirikare bagize Umutwe w...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahuriye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Aqaba muri Jordan baganira ku bibazo bireba ibihugu byabo. N’ubwo ku rukuta rwa Twitter rw’...
Abapolisi bo mu bihugu bitandukanye bari mu masomo mu ishuri ryigisha aba ofisiye bakuru riri i Musanze baraye basuye Minisiteri y’umutekano w’igihugu. Byari mu rwego rwo kureba uko ikora kugira ngo b...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko Polisi y’u Rwanda ari yo ishinzwe gukurikirana imikorere y’ibigo by’abikorera bicunga umutekano, ikareba niba iby...
Kuba umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe ni ‘intambwe nziza.’ Abaturage b’u Rwanda na Uganda bari bakumbuye kugenderanira, bagahahirana, ndetse abafitanye isano cyangwa abaziranye ba...
Muri iki gihe guhererekanya amafaranga bisigaye bikorwa kenshi hakoreshwa ikoranabuhanga ariko hari n’abandi barikoresha kugira ngo bibe amafaranga y’abandi. Mu rwego rwo kwirinda ubu bujura, ni ngomb...
Mu Byumweru bibiri bishize, mu Karere u Rwanda ruherereyemo habereye ingendo z’abayobozi batandukanye biganjemo abadipolomate bo muri Uganda bazaniraga Abakuru b’ibihugu( u Rwanda, Uganda na Tanzania...









