Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije ingabo z’u Rwanda n’inzego zose zishinzwe umutekano umwaka mushya kandi muhire wa 2023. Yafashe ...
Barbara Manzi wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri Burkina Faso yasabwe kuva muri iki gihugu mu gito gishoboka. Amakuru avuga ko yari afitanye imikoranire ya rwihishwa n’imwe mu mitwe irwanya u...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali hamwe na Polisi y’u Rwanda buraburira abatuye uyu mujyi ko mu minsi mikuru abajura bashobora kuziyongera bityo ko kuba maso ari ngombwa. Umuyobozi w’uyu mujyi witwa Puden...
Alfred Gasana ushinzwe umutekano w’igihugu yasabye by’umwihariko abatuye Akarere ka Rubavu n’Abanyarwanda muri rusange kutazirara mu gihe cy’iminsi mikuru ngo bishimishe ariko bibagirwe kwicungira umu...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda no kurushaho gukomeza umurunga uyihuza n’abo, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage batishoboye inzu yabubakiye. Ni igikorwa cyakozwe mu Ntara zos...
Icyaduka mu Rwanda bamwe bayivumiraga ku gahera bavuga ko ari icyuma cyazanywe no gucisha abantu amafaranga. Ndetse hari n’ubwo na Perezida Kagame yakigarutseho avuga ko kuba cyandikira abantu amafara...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yasabye abamotari n’abandi bakoresha umuhanda kwitwararika bakirinda icyateza impanuka kuko kuva umwaka wa 2022 watangira kugeza kuri uyu wa Kane ...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police, Dany Munyuza yabwiye aba ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda ko bagomba kuva i Gishari barahinduye imyumvire. Ni imyumvire av...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ugushyingo, 2022 Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Angola Bwana João Lourenço. Ibiro bya Perezida Kagame byatangaje ko yaganiriye na ...
Nyakubahwa Faustin Archange Touadéra uyobora Repubulika ya Centrafrique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe na mugenzi Paul Kagame uyobora u Rwanda baganira uburyo umubano hagati ya...









