Ubwo yatahaga k’umugaragaro inyubako nshya ya Banki ya I&M, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yashimye uruhare Banki muri rusange zagize mu guteza imbere ubukungu ariko cyane cyane mu kugu...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 11, Gashyantare, 2023 ku Kanyaru hahuriye abayobozi b’u Burundi n’ab’u Rwanda baganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’ubufatanye mu by’ubukungu. Hashize igihe kirekire u ...
Mu mpera z’Icyumweru gishize Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye itangazamakuru ko hari abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gutema abaturage no kubakubita ibyuma bita imitali...
Leta y’u Rwanda yavuze ko imaze iminsi itanga abagabo k’ubushotoranyi bwa hato na hato bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Kubera iyo mpamvu, Guverinoma yatangaje ko umunsi yakoze igikorwa kiremer...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza avuga ko umubano Polisi y’u Rwanda ishaka kugirana n’iy’uwa Botswana ushingiye k’ubuyobozi n’umubano by’Abakuru b’ibihugu byombi, Kagame na Masisi...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi rizindutse ryandika ko Perezida Tshisekedi wari utegerejwe i Doha muri Qatar ngo ahahurire na mugenzi we Paul Kagame baganire uko amahoro yataha muri D...
Taarifa yamenye ko hari umuturage wa Uganda witwa Turyahikayo Jackson uherutse kuraswa apfira mu Mudugudu wa Tabagwe, Akagari ka Tabagwe mu Murenge wa Tabagwe ubwo yateraga icumu abashinzwe umutekano ...
Amakuru aturuka mu Biro by’Umukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri ahitwa Gombe avuga ko umwe mu bajyanama bakomeye ba Perezida Tshisekedi wari ushinzwe kumuhuza na mugenzi we Paul Kagame uy...
Ubuyobozi w’ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS), ari naryo ritoza Urwego rwunganira umutekano mu Karere n’Umurege rwitwa DASSO, bwasabye abakora muri uru rwego kuzibukira ibyo gushaka inyungu zabo a...
Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda (RWAFPU2-7) bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA) bakorera mu Ntara ya Nana Gribizi muri Komini ya Ka...









