Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko bidakwiye ko Afurika ihezwa mu Kanama gashinzwe umutekano ku isi kandi ari yo ikunda kubura amahoro kurusha ahandi. Yabibwiye In...
Elimelech Stern w’imyaka 22 akurikiranyweho n’urukiko rw’i Yeruzalemu rwitwa Jerusalem District Court kubera kuregwa kunekera Iran bikozwe n’umugore witwa Anna wamuhembaga amafaranga mu buryo bw’ikor...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Maj. Gen Cristóvão Artur Chume ushinzwe Minisiteri y’ingabo za Mozambique ashima ko umuhati wo kugarura amahoro muri Cabo Delgado wagizwemo uruhare n’inzego z’u Rwanda zishinzwe umutekano watumye abar...
Nyuma y’iminsi mike mu Murenge wa Miyove mu Karere ka Gicumbi hafatiwe abantu bakurikinyweho gucukura zahabu mu buryo budakurikije amategeko, ubu abandi barindwi bafatiwe i Rulindo mu Murenge wa Rukoz...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yabwiye itsinda ry’ingabo za Sri Lanka ziri mu rugendoshuri mu Rwanda ko RDF yakoze byinshi mu gutuma u Rwanda rutera intambwe ...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga n’Umuyobozi mukuru muri Polisi y’u Rwanda CP George Rumanzi bitabiriye Inama ihuza inzego z’umutekano zo mu bi...
Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi b...









