Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imisoro n’amahoro buvuga ko amafaranga kizinjiriza Ikigega cya Leta azagera kuri miliyari Frw 2.637 ni ukuvuga 52% by’ayo igihugu giteganya kuzakusanya yose ha...
Mu muhango wo guhemba abasoreshwa bitwaye neza mu mwaka wa 2022, kimwe mu bigo byashimiwe ni Airtel- Rwanda, iki kibaka ari ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga. Iki kigo kandi giheruts...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bit...


