Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Kanama, 2025 cyatanze Miliyoni Frw 464 y’ishimwe ku baguzi 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicuruzwa na serivisi bicibwaho umusoro ku nyonge...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro cyatangaje ko hari imikoranire n’abikorera ku giti cyabo igamije ko abaka inyemezabwishyu ya EBM mu buryo buhoraho babona ikindi gihembo kiyongera...
Perezida Donald Trump yaraye atsinze ikindi gitego ubwo Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye yatoraga umushinga w’itegeko rigena uko ubukungu buzaba bumeze. Uwo mushinga yawise Big Beautiful Bill uk...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasobanuye iby’imisoro yaraye yemerejwe mu nama y’Abaminisitiri. Muri rusange hari imisoro iri buhite itangira gusorwa, indi ikazasorwa buhoro buhoro. Minisitiri w’im...
Uwitonze Jean Paulin ushinzwe abasora n’itumanaho mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro avuga ko mu mezi make ashize iki kigo cyahaye ishimwe rya Miliyari Frw 1.5 abatse EB...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro cyatangaje ko cyashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gufasha abasora kubikora byoroshye bise Electronic Billing Machine (EBM) Version 2.1 System. Ni ubu...
Perezida wa Kenya William Ruto ari mu ihurizo ryo guhitamo hagati y’ibyo bamwe mu baturage be basaba birimo ko Politiki zo kwizirika umukanda yashyizeho zikurwaho no kureka zikagumaho. Kuzikuraho zose...
Hari abaturage barema isoko ry’amatungo magufi rya Jaba mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu bavuga ko iyo bazanye itungo ntirigurwe, barisorera icyo bise ‘ Umusoro w’itungo ryarase...
Nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024, guhera mu gihe gito kiri imbere, umuguzi uzajya waka kandi agahabwa fagitire ku nyongeragaciro azajya...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Kenya witwa William Ruto uri mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri Uganda kuva yaba Perezida. Itangazo ryo mu Biro bya Pere...








