Umwe mu barinda umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yinjiye aho abantu barira mu gace kitwa Majengu kari i Goma atangira kurasa abantu abadatoranya. Abaturage batatu bahasize ubuz...
Umusirikare mukuru mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ufite ipeti rya Brigadier Général witwa Ngoy Timothée Makwamba wari ushinzwe ibya gisirikare muri Ambasade y’igihugu cye muri Afurika y...
Amakuru Taarifa ikesha umuturage wo mu Karere ka Rubavu aremeza ko hari umuntu waje mu Rwanda yambaye imyenda y’ingabo za DRC warasiwe ahitwa Eglise Pentecôte Ebenezer mu Murenge wa Rubavu mu Karere k...
Gen Hamdan Dagalo uyobora inyeshyamba za Rapid Support Force zihanganye na Leta ya Sudani yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo. Yanditse mu git...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’Uburundi baje gusezera kuri Major Erenest Gashirahamwe wiciwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Impamvu y’urupfu rwe ntivugwaho rumwe kuko hari uruhande ruvuga ko y...
Minisiteri y’ingabo z’Amerika ifatanyije n’ubunyamabanga bushinzwe ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu bari kuganira n’Umuryango w’Abibumbye ngo harebwe uko ibiganiro byo gucyura umusirikare wabo uheru...
Amb Valentine Rugwabiza uyobora ibikorwa by’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique ari kumwe n’abandi bayobozi ba gisivili na gisirikare basezeye ku murambo wa Sergeant Eustache Tabario...
Umwe mu basirikare b’u Rwanda boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique yarashwe arapfa. Yiciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro cyaraye kibaye kuri uyu wa Mbere talik...
Polisi ya Uganda iri mu iperereza ku musirikare w’iki gihugu uvugwaho gukorana n’umucuruzi ukomeye bakihesha umutungo usanzwe wanditswe ku mugore wapfuye. Ubivugwaho ni Lieutenant witwa Bob Semakula. ...
Hatarashira amezi atanu, undi musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa. Uherutse kurasirwa mu Rwanda[hari taliki 03, Gashyantare, 2023] yari yinjiriye hagati y’umupaka...









