Muri Uganda umusifuzi witwa Peer Kabugo yapfiriye mu kazi ari gusifura umukino wahuje SC Villa n’ikipe y’ingabo za Uganda yitwa UPDF. Hari mu mukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Ugan wabaye...
Umunyarwanda akaba n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Uwikunda Samuel yahawe gusifura umukino wa ¼ wa CHAN 2022 uri buhuze Ghana na Niger ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Mutarama 2023. ...
Mukansanga Salma Rhadia niwe mugore wo muri Afurika wa mbere wageze ku ntego yo gusifura umukino mu gikombe cy’isi cy'abagabo. Yabigezeho ubwo yasifuraga umukino waraye uhuje u Bufaransa na Austr...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Amavubi n’uwa AS Kigali yaraye agiranye ikiganiro n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Eric Mugabo gisa n’aho cyarimo no gutongana amusaba kutabogamira ku ikipe yamu...
Salma Mukansanga ubu wabaye icyamamare mu Rwanda n’ahandi ku isi nyuma y’uko ari we mukobwa( igitsina gore) usifuye mu gikombe cy’Afurika cy’amakipe y’ibihugu y’abagabo, yabwiye abakobwa bari gu...




