Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro yafashwe nyuma y’inama y’igihugu y’Umushyikirano ya 19 iherutse kuba. Iyi nama yari iyobowe na Perezida Kagame, ikaba yarigiwemo ingingo zitandukanye zireba i...
Imibare iherutse gutangazwa na Minisitiri w’intebe ubwo yavugaga uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze mu myaka irindwi ishize, yemeza ko ingo zirenga 1,500,000 zifite amashanyarazi. Iyo mibar...
Ubwo yarangizaga Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19, Perezida Kagame yongeye gusaba ko abayobozi ba baringa bavanwa mu nshingano. Yasabye abayobozi kumenya ko akazi bak...
Mu mvugo yeruye, Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 ko abakanga Abanyarwanda ko bazabahungabanyiriza umutekano bibeshya. Yongey...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano ko n’ubwo mu myaka 30 ishize u Rwanda rwapfushije benshi, ariko akibutsa ko ubu rufite igisekuru kizima kigizwe n&...
Hagati y’italiki 23 n’italiki 24, Mutarama, 2024 nibwo mu Mujyi wa Kigali hazateranira Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba ibaye ku nshuro ya 19. Uretse gusuzuma aho iterambere rigeze mu baturage, h...
Kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 nibwo hatangajwe imyanzuro yafatiwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 189 yateranye hagati ya taliki 27 na 28, Gashyantare, 2023 iyobowe na Perezida Paul...
Taarifa yamenye ko mu Nama y’Umushyikirano izaba hagati y’italiki 27 n’italiki 28, Gashyantare, 2023 ari ho hazatangarizwa raporo ya paji 130 ikubiyemo ibyavuye mu ibarura rusange ry’abatuye u Rwanda ...
Kuri uyu wa Mbere taliki 21, Werurwe, 2022 muri Repubulika ya Centrafrique hatangiye ibiganiro bigamije guhuza uruhande rwa Leta n’abatavuga rumwe nayo mu rwego rwo gushyiraho inkingi zakubakirwaho am...
Mu gihe gito kiri imbere Inama y’Igihugu y’Umushyikirano irongera isubukurwa nk’uko amakuru dufite abivuga. Uzaba ari Umushyikirano wa 18, uyu ukaba ari wo ugiye kuba kuva Icyorezo COVID-19 cyaduka m...








