Papa Leo XIV yakoze amateka ubwo yagiraga Joseph Lin Yuntuan Musenyeri, aba uwa mbere mu Bashinwa Miliyoni 10 b’Abakristu Gatulika ubaye Musenyeri. Ni uburyo bwemeza ko Papa Leo XIV yiyemeje gus...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Madamu Patricie Uwase yabwiye Abasenateri ko Umushinwa wapatanye kubaka umuhanda wa Prince House-Rwandex-Kanogo yawusondetse. Ni igisubizo yatanz...
Ba rushimusi bo muri Tanganyika ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko bazarekura Umushinwa baherutse gushimutana n’umuturage wa Congo ari uko bishyuwe $400 ni ukuvuga Frw 400,000 birengaho m...
‘A Taste of Our Land’ ni filimi yakozwe n’Abanyarwanda ariko ikinwamo n’Umugande witwa Michael Wawuyo Sr iherutse gushimirwa kuba filimi yakozwe n’abagabo ikoze neza. Yahawe igihembo bita ...
Amakuru Taarifa ifite kandi yizeye avuga ko Umushinwa uherutse guhamwa n’ibyaha birimo gukorera Abanyarwanda iyicarubozo witwa Shujun Sun yamaze kugezwa muri gereza ya Rubavu iri mu Murenge wa Nyakir...
Muri Kanama 2021 nibwo inkuru y’Umushinwa witwa Shujun Sun wagaragaye akubitira Abanyarwanda ku giti baboheye inyuma yabaye kimomo. Urwego rw’igihugu rwamushyikiriye ubushinjacyaha araburanishwa none ...
Mu kiganiro twagiranye na Ambasaderi James Kimonyo yatubwiye ko kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2022 yagemuriye urugo rw’Umushinwa ikawa y’u Rwanda ngo asomeho yumve icyanga cyayo. Yatubwiye ...
IMIKINO OLIMPIKI: Ni ku nshuro ya kabiri Umushinwa aciye agahigo ku isi ko guterura ibiremereye. Shi Zhiyong niwe waraye ubikoze, aterura ibilo 364 mu gihe umwaka mu mikino iheruka ya 2019 yari yateru...







