Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Nick Barigye wari umuyobozi w’Ikigo mpuzamahanga cya Kigali cy’imari, Kigali International Financial Centre, KIFC, yatorewe kuba umuyobozi mukuru w’ikigo Crystal Ventures Ltd. Inama y’ubutegetsi y’iki...
Perezida Donald Trump yaraye atsinze ikindi gitego ubwo Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye yatoraga umushinga w’itegeko rigena uko ubukungu buzaba bumeze. Uwo mushinga yawise Big Beautiful Bill uk...
Joseph Harindintwali ni umuturage uvuga ko yigeze kujyana umushinga ngo wakirwe mu ishami rya COGEBANQUE rikorera muri Nyabugogo, barawumwiba. Yabwiye Rwanda Tribune ducyesha iyi nkuru ko yawujyanye m...
Ikigega mpuzamahanga cya Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga,The United States Agency for International Development (USAID) cyateganyije miliyoni 14.8$ yo gufasha abahinzi mu...
Hari Kuwa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 ubwo Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yabwiraga Intumwa za rubanda uko uburezi buhagaze. Yavuze ko muri 2018 ari bwo Leta yatangije Politiki...
Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga(USAID) cyatanze miliyoni $1.5 ( ni ukuvuga miliyari 1.5 Frw) yo gufasha abafite ubumuga kwihangira akazi. Ni mu rwego rwo kubafasha kwivana mu...






