Umusaza w’imyaka 62 yafatiwe mu Mu Murenge wa Musebeya mu Karere ka Nyamagabe nyuma y’imyaka 30 yari amaze yihisha kubera Jenoside yakorewe Abatutsi yagizemo uruhare ubwo yabaga mu cyahoze ari Komini ...
Nyuma yo gukatirwa n’Inkiko Gacaca agahunga, umusaza witwa Harindintwari Niyongana Innocent w’imyaka 69 yafatiwe ku mupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe asa n’uhungiye muri Tanzania. Ubusanzwe akomok...
Umugabo w’imyaka 65 arakekwaho kwitwikira inzu agamije kubishyira ku mugore we. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Kamurehe, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi. Ubugenzacyaha bukorera muri...
Mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza haravugwa umusaza w’imyaka 60 ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka itanu. Uwo musaza asanzwe atuye mu Mudugudu wa Cyegera, b...
Gasake Wellars w’imyaka 73 y’amavuko aherutse gufatirwa mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako, mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro nyuma y’uko yahabaga yarahinduye amazina kugira ngo atazafungirwa ...
Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko uwo mugabo yit...
( Rtd) Sergeant Major Ignance Muhatsi ni Umunyarwanda uri mu kiruhuko cy’izabukuru. Avuga ko kuba akuze akaba agandera ku mbago nk’umuntu mukuru ntacyo yicuza kuko ubusore bwe yabukoresheje neza arwa...
Mu Murenge wa Rwaza Akarere ka Musanze hasomwe urubanza ubushinjacyaha bwaregagamo umusaza w’imyaka 72 gusambanya ku gahato umukobwa w’imyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Urukiko rwamukatiye gufun...
Muri Mata, 2021 nibwo umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu Kagari ka Ndatemwa, Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo yatashye inzu yari yarasabye kugira ngo ayisaziremo kuko yabaga mu nzu itameze ne...
Umunyamakuru wa Taarifa uri mu mudugudu wa Gakunyu, Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro muri Gatsibo aho umusaza Epimaque Nyagashotsi agiye kwimukira avuga ko inzu yubakiwe bigaragara ko ikomey...









