Nsengimana Claudien uyobora Akarere ka Musanze ubwo yahaga ikaze abitabiriye Umuganura wabereye kuri Stade Ubworoherane mu Murenge wa Muhoza yavuze ko kuganura kwabo, bishimira byinshi birimo n’...
Abahanzi babiri bari mu bo urubyiruko rukunda ari bo Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse kugaragarizanya urukundo ku munsi w’amavuko wa Kizigenza. Muri iki gihe abo bahanzi bongeye kwerekana urukun...
Abikorera ku giti cyabo bafite gahunda yo gushinga banki izajya ifasha abahinzi kubona inguzanyo ngo bashore mu mishinga iteza imbere ubuhinzi. Abahinzi bo mu Rwanda bamaze igihe bataka kudahabwa ingu...
Ubufaransa bubinyujije mu kigo cyabwo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Francaise de Devéloppément, ADF, bugiye guha abahinzi inguzanyo ya Miliyoni $10 yo kubafasha kubona imbuto y’indobanure,...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi , Dr Musafiri Ildephonse yatangaje ko muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2024 A, u Rwanda rwejeje toni 600,000 z’ibigori. Ni umusaruro wari burute uyu iyo imvura itaza ku...
Bashingiye ku mwanzuro wo mu yindi yafashwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 18 yabaye mu mwaka wa 2023, abahinzi bashima ko hashyizwe umuhati mu kuzamura umusaruro, bikagaragarira no ku musaruro ...
Mu rwego rwo kuzamura umusaruro w’ikawa yera mu Karere ka Ruhango n’amafaranga ayivamo akikuba gatatu, ubuyobozi bw’aka Karere ku bufatanye n’amakoperative ayihinga, muri ko hagiye guterwa ibiti bivug...
Imibare yatangajwe n’Ikigo k’ibarurishamibere ivuga ko muri rusange ubukungu bw’u Rwanda buzamuka kuko ugereranyije n’uko byari bihagaze mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari w’umwaka ushize, ubu b...
Hari abahinzi bo mu Karere ka Muhanga babwiye itangazamakuru ko bahinze bakarumbya, ubu bakaba bashonje. Ibi ariko Meya w’aka Karere witwa Jacqueline Kayitare avuga ko bitakwitwa inzara ahubwo ari ...
U Rwanda ni igihugu kidakora ku nyanja kandi kitagira amabuye y’agaciro menshi cyane nk’uko bimeze ahandi. Gifite imisozi, ibibaya n’ibisiza kandi aho hose hari inzuzi n’imigezi ndetse n’ibiyaga bikik...









