Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi rivuga ko ubwoko bushya bw’icyorezo COVID-19 biswe Omicron bwamaze kugaragara mu bihugu 38 hirya no hino ku isi, ariko ngo amahirwe ni uko nta ...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana rivuga ko n’ubwo abafite ubumuga muri rusange bagira ibibazo byihariye, abana bo bafite ibibazo byihariye. Rivuga ko abana bafite ubumuga ku isi ari Miliy...
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Afurika y’Epfo rwakatiye Jacob Zuma wigeze kuyobora Afurika y’epfo igifungo cy’amezi 15. Umucamanza mukuru wungirije warwo witwa Sisi Khampepe niwe waruk...
Ubuyobozi bw’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi buri gusuzuma uko bwakuriraho ibihano u Burundi. Ni ibihano mu by’ubukungu byashyizweho mu mwaka wa 2015 ubwo mu Burundi habaga imidugararo yatewe n’uko Pie...
Ubwo yatangizaga umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Dr Peter Muthuki uyobora Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, yabwiye bagenzi be ko kwibuka iriya Jenoside ari ngombwa niba bashaka ko...
Dr David Nabarro ukora mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye avuga ko abatekereza ko icyorezo COVID-19 kiri hafi gucika ku isi bagombye kuba baretse kuko igihari kandi izajya ihindura imikorere n’imitere...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yamaganye ubwicanyi buherutse gukorerwa abaturage ba Burkina Faso, avuga ko ari ubunyamaswa bukwiye kwam...
Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangaje ko ugereranyije n’uko umukamo wari umeze muri 2014 ubworozi bw’inka bukomeje gutera imbere. Umukamo wavuye kuri litiro 1,735,000 m...
Ndi Umunyarwanda utuye mu Karere ka Kicukiro. Mu mvugo za bamwe mu bayobozi hari ikunze kugarukwaho ivuga ngo ‘Umuturage ku isonga’. Ubyumvise utyo wumva ko hose ari ko bigenda ariko ndanenga kimwe mu...
Nyuma y’uko inama yagombaga guhuza abagize Akanama gashinzwe umutekano mu Muryango w’Afurika Yunze ngo bige ku bibazo bya Tchad isubitswe kenshi, kuri uyu wa Gatanu yateranye. Ni Inama ikomeye kuko ib...








