Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriwe mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ari ikintu cyo kwishimirwa. Kagame yashimiye n’Abakuru b’ibindi bihugu byari bisan...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 29, Werurwe, 2022, haraterana Inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba. Biteganyijwe ko bari bwige kandi bacyemeza ko Repubulika ya Demukarsasi ...
Umunyamabanga mukuru wa Francophonie Louise Mushikiwabo avuga ko muri Politiki ze zo guteza imbere Igifaransa, atagamije kukigira icya mbere cyangwa icya nyuma mu ndimi zikomeye ku isi, ahubwo ko ahar...
Abapolisi 240 bagize itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo baraye bashimiwe imikorere iboneye, bambikwa imidari na bamwe mu bayobozi bakuru mu Muryango w’Abibumbye. Kubashimira imiko...
Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34. Kugeza ubu ...
Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika yunze ubumwe byaraye birangije Inama yahuzaga Abakuru babyo. Imwe mu ngingo batanzuyeho ni umwanya Israel yahabwa muri uriya Muryango, icyemezo kuri iyi ngingo kikaz...
Itsinda ryaturutse mu Muryango w’Abibumbye riri mu Rwanda mu bikorwa birimo no gusura Polisi y’u Rwanda rikareba uko itegura abapolisi izohereza kugarura amahoro ahandi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya ...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zanze ko uburyo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzuma, OMS/WHO, ryari risanzwe ribonamo amafaranga yo gukoresha buhinduka. Hari ibihugu byinshi bisaba ko hashingw...
Uhagarariye u Rwanda wungirije mu Muryango w’Abibumbye witwa Robert Kayinamura yabwiye abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ko iyo umugore ashyizwe ku isonga mu bikorwa byo...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yaraye abwiye abatuye Isi ko umwaka wa 2022 uzata intangiriro zo gucika ku isi kw’icyorezo COVID-...









