Abadepite bo mu Muryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa bavuga ko kuba Louise Mushikiwabo ateganya kongera kwiyamamariza kuwuyobora, bifite ishingiro kuko ibyo yabagejejeho n’ibyo ateganya mu gihe ki...
Abagize Komisiyo y’Imiyoborere mu Muryango FPR Inkotanyi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali bakoranye inama bemeranya ko mu ntangiriro za Kanama, 2022 hagiye gutangizwa gahunda yo kwegera abatuye amasibo yo...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ryatangaje ko muri Ghana hari abantu babiri bamaze gihutanwa na Virusi yo mu bwoko bwa Marburg. Iyi ni imwe muri virusi zandura vuba kandi zishobora k...
Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwagejeje ku bunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba inyandiko ziyemerera kuba igihugu cya karindwi kigize uyu muryango. Izi mpapuro...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame mu Biro bye yakiriye abayobora Ikigo MasterCard Foundation mu Rwanda baraganira. Ntiharatangazwa ibyaganiriweho. Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Mastercard Foundation...
Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umury...
Imiryango 15 itari iya Leta kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 yandikiye Umuryango w’Abibumbye iwusaba gukoma mu nkokora ibiri kubera muri Ethiopia ifata nk’ibimenyetso bikomeye bibanziriza ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Mata, 2022 abanyamuryango b’Umuryango FPR –Inkotanyi bahagarariye abandi bari mu Nteko yaguye y’uyu muryango. Ni inteko iri bube iyobowe na Perezida wa ...
I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umuteka...
Umuryango uharanira imibereho myiza y’abana, Save the Children, ivuga ko ubushakashatsi wakoze bwaweretse ko igwingira mu bana baba mu nkambi y’impunzi y’i Mahama ryagabanutse ku kigero cya 40% guhera...









