Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bwashyizeho kandi bwohereza muri Somalia itsinda ry’abahanga ngo basuzume niba yujuje ibisabwa byose ngo yemererwe kujya muri uyu muryango....
Mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo witwa Jean Damascène Dukundane watemye mugenzi we witwa Kanani nyuma yo gusanga amusambanyiriza umugore. Si Kanani gusa watemwe ahubw...
Barbara Manzi wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri Burkina Faso yasabwe kuva muri iki gihugu mu gito gishoboka. Amakuru avuga ko yari afitanye imikoranire ya rwihishwa n’imwe mu mitwe irwanya u...
Abenshi mu Banyarwanda bemeranya n’abo bagiye gushakana ko bazavanga umutungo kandi mu buryo busesuye. Akenshi biterwa n’imyumvire y’uko umwe muri bo ashobora kubona ko mugenzi we atamwizera aramutse ...
Guverinoma y’u Rwanda yamaze kwemeranya n’Umuryango w’Abibumbye ko mu Rwanda hazubakwa icyicaro cyawo kizakoreramo imiryango yose iwushamikiyeho. Ni imwe mu ngingo zagarutsweho mu biganiro byahurije h...
Impanuka iherutse kubera ku Muhima igahitana abantu batandatu yaguyemo abana batatu bavukanaga. Ni abana ba Sikubwabo. Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge yand...
Umuyobozi w’Imbuto Foundation Madamu Jeannette Kagame yahembye abakobwa bitwaye neza mu masomo yabo. Hari mu muhango wabereye mu Karere ka Musanze. Byari no mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga ...
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama y’Abafasha b’Abakuru b’ibihugu by’Afurika igamije iterambere iri kubera i New York. Ni Inama y’Umuryango witwa OAFLAD ikaba yateranye mu rwego rwo kurebera ha...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yabwiye abayobozi b’ibihugu bigize uriya muryango ko ibihe isi igezemo bikomeye kandi biteye ubwoba kurusha uko byahoze. Ingero atanga ni ...
Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yatangarije kuri Twitter ko hari umuturage w’iki gihugu wahitanywe na Ebola. Niwe muntu wa mbere utangajwe ko yahitanywe n’iyi ndwara muri uyu mwaka wa 2022 kuko uwo y...









