Hagati y’italiki 26 n’italiki 27, Kamena, 2023 mu Rwanda hazabera inama izahuza abashoramari bo mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi na bagenzi babo b’Abanyarwanda. Ni inama yitwa EU-Rwanda Business Forum. ...
Muri kimwe mu byumba bya Intare Arena mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo hari kubera amahugurwa agenewe urubyiruko rw’abanyamuryango ba FPR bahagarariye abandi. Ku rubuga rw’Umuryango FPR-Inko...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Moussa Faki usanzwe ari Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe. Ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama mpuzamahanga ku by’umutekano iri kubera...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo yatangije umushinga ugamije kuzafasha abahinzi guhinga bakeza kandi ibyeze bigatunganywa kugira ngo bizagirere benshi akamaro. Ni umushinga wi...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko imbasa yongeye kuba ikibazo ku buzima bw’abana b’u Burundi. Iby’uko iyi ndwara imugaza cyangwa ikica umwana yafashe yabaye ikibazo...
Guhera mu Kinyejana cya 11 Nyuma ya Yezu Kristu, Kiliziya Gatulika yari yaraciye iteka ko nta mupadiri wemerewe gushaka umugore. Amateka avuga ko ibyo kudashaka umugore byatangijwe n’Intumwa Paw...
Mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara haravugwa urupfu rw’umwarimukazi abanyeshuri be basanze yapfuye. Yari afite imyaka 61 y’amavuko, umurambo we ukaba waragaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yafashe mu mugongo abo mu muryango wa Nadine Girault wari uhagarariye uyu muryango muri Canada uherutse gupfa. Ku rukuta...
Mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma hari umugabo wasanze umugore we mu kabari ari gusangira n’abandi bagabo bamukikiye banasomana, agahinda karamwegura arira ayo kwarika. Faustin wo mu Mudugudu wa K...
Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza witwa Patricia Scotland. Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko abayoboz...









