Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko kuba DRC yaritambitse ko u Rwanda ruhabwa ubuyobozi bw’umuryango wa CEEAC yitwaje ko rwayitey...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ruva mu muryango wa CEEAC nyuma y’aho ibihugu biwugize birimo DRC birwitambitse ntirwemererwe kuwuyobora bigizwemo uruhare na DRC. Uwo mwanzuro wafashwe nyuma y’...
Ngoga Martin wari usanzwe uhagarariye u Rwanda muri Kenya yoherejwe mu Muryango w’Abibumbye guhagararira yo inyungu z’u Rwanda. Yasimbuye Ernest Rwamucyo wahise umusimbura muri izo nshinga...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko yasinyanye amasezerano n’Umuryango w’Abibumbye afite agaciro ka Miliyari $1 azashorwa mu bikorwa byo kubaka ubukungu budaheza mu gihe cy’imyaka itanu igize N...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yabwiye Televiziyo mpuzamahanga y’Abafaransa TV 5 Momdd ko atemera ko guhana ibihugu baherutse kwivana mu murya...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Mahamoud Ali Youssouf yavuze ko guhura kwa Kagame na Tshisekedi bahuriye i Doha muri Qatar ari ibyo kwishimira. Abakuru b’ibihugu b...
Ubuyobozi bw’Umuryango utabara imbabare ishami ry’u Rwanda, Croix Rouge Rwandaise, buvuga ko mu rwego rwo gufasha abaturage kurushaho kugira ubuzima bwiza, bwateye ibiti 6,000, bikaba bimwe mu bigera ...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15,Gashyantare, 2025 nibwo hari butorwe Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, mu biyayamamaje hakabamo Raila Odinga watanzwe na EAC. Utorwa arasi...
Gukererwa inama mu Rwanda bisa n’aho ari ibisanzwe, kandi si umwihariko w’aho gusa nk’uko abatembera hirya no hino muri Afurika babivuga. Igitangaje ariko ni uko no mu Bazungu( aha turavuga abo mu Bur...








