Ubukangurambaga bwa Polisi bwo kwigisha abantu uko birinda inkongi n’uko bayirwanya iramutse yadutse burakomeje. Buri gukorwa mu gihe inkongi zirimo n’izikomeye zimaze igihe gito zadutse mu Mujyi wa K...
Abahanga bavuga ko inkongi ziri kwaduka hirya no hino ku isi muri iyi myaka ari intangiriro y’ibyago bizagera ku bantu niba batagabanyije mu buryo bufatika ibyuka bihumanya bohereza mu kirere ikiremwa...
Amakuru Taarifa igikusanya avuga ko ahagana saa munani z’ijoro ryakeye agakinjiro kari hirya gato yo kwa Mushimire mu Murenge wa Ndera aho ugabanira n’uwa Kimironko mu Karere ka Gasabo hahiye. U...
Abasore babiri bo mu Mudugugu wa Kirwa, Akagari Bugamba, Umurenge wa Kinyababa mu Karere ka Burera bakurikiranywe n’inzego z’umutekano kubera gukekwaho gukata intsinga z’amashanyarazi bakajya kuzigur...
Igikorwa cyo gusudira cyateje inkongi yatwitse iduka ry’umugore witwa Mukaruzinda rirakongoka. Ni iduka rya Papéterie riri ahitwa ku Mashyirahamwe. Ababonye biba bavuga ko uwasudiraga yabonye inkongi...
Umuturage wo muri Espagne wari uri mu itsinda ry’abazimye inkongi yahiye arakongoka. Aguye mu kazi gakomeye afatanyijemo na bagenzi be bari kuzimya inkongi imaze iminsi yaribasiye u Bufaransa , Espagn...
Mu gihe Abashinwa barembejwe n’ubushyuhe bwageze kuri 40C, mu Burayi ho inkongi yabiciye! Ibihugu biri mu Majyepfo y’u Burayi nibyo byibasiwe umuriro ndetse ngo uri gukwira n’ahandi utaragera kubera u...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko bitakiri ngombwa ko abantu bagiye guhurira ahantu hamwe bapimwa umuriro. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe. Mu itangazo ...
Duduzile Zuma umukobwa wa Jacob Zuma arashinjwa kuba nyirabayazana w’imyigaragambyo igiye kumara iminsi irindwi ica ibintu mu mijyi irimo na Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Tweets ze nizo zatumye ba...







