Polisi y’u Rwanda yongeye gukangurira abantu kumenya ibitera inkongi n’uburyo bayirinda. Niyo mpamvu yaganirije abanyeshuri ba Pharo School Kigali, ishuri riherereye mu Murenge wa Kimihuru...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu cyatangaje ko kuba hari ibura ry’umuriro riherutse kuba hafi mu gihugu hose ryatewe n’impamvu zigikorwaho iperereza. Impamvu ngo ni uko kugira ngo i...
Kuri X umupfumu Rutangarwamaboko yashimye Imana y’i Rwanda n’Abazimu ” batazima” ko barinze umuryango we ntiwashya. Yabitangaje nyuma y’uko inkongi yatewe no gusudira yib...
Abatuye Nairobi bakanguwe n’iturika ry’amacupa ya gazi yateje inkongi yahitanye abantu batatu abandi 300 barakomereka nk’uko BBC ibyemeza. Umuvugizi wa Guverinoma ya Kenya avuga ko b...
Mu Mujyi wa Nineveh muri Iraq habereye ibyago bikomeye by’inkongi yadutse mu bukwe yica abantu 100 barimo umukwe n’umugeni. Imibare y’abaganga ivuga ko abandi bantu 150 bahiye bikomeye kuko ubushye bw...
Amakuru Taarifa ikesha umuturage w’ahitwa mu Miduha avuga ko ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Mbere taliki 18, Nzeri, 2023, inkongi yadutse mu isoko ry’aho itwika ibicuruzwa by’abantu barindwi...
Abashinzwe ubutabazi muri Afurika y’Epfo baraye kandi baramukira mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yaraye yadutse muri rimwe mu magorofa ari i Johannesburg. Abantu 52 nibo bamaze kubarurwa ko bahitany...
Mu Murenge wa Remera Akarere ka Gasabo ahitwa Rukiri II haraye hadutse inkongi ihitana umuzamu wari uraririye imari y’aho. Amakuru twashoboye kubona avuga ko ibi byago byabaye saa munani na mirongo 35...
Mu Karere ka Karongi haherutse kwaduka inkongi yatwitse hegitare zirenga 20 z’amashyamba yo mu mirenge ya Rwankuba, Gitesi na Bwishyura. Meya yasabye abaturage gukaza irondo kugira ngo bajye bazimye i...
Umugabo witwa Emmanuel Maniragaba wo mu Murenge wa Cyuve aherutse kugira ibyago inzu ye irashya. Avuga ko abaje kumutabara batakoze icyo gikorwa cyiza gusa ahubwo ngo basize bamwibye Frw 730,000. Yabw...









