Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuhati wa Guverinoma wo kurufasha kwihangira imirimo no kubona akazi watanze umusaruro ariko haracyari byinshi bita...
Imibare y’abashakashatsi b’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere yatangajwe hafi mu myaka ine ishize, yerekana ko abakoresha bavuga ko kubona umukozi ushoboye kandi warangije Kaminuza ari ikibazo kibakomerey...
Ambasaderi Christine Nkurikiyinka uyobora Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yabwiye abitabiriye Inteko rusange y’abagize urugaga CESTRAR ko Leta ifite intego zo gushyiraho ibisubizo by’ibibazo b...
Prof.Jeannette Bayisenge ushinzwe abakozi n’umurimo avuga ko ibura ry’ikoranabuhanga mu mirimo itandukanye ndetse n’igishoro kidafatika biri mu by’ibanze bidindiza umusaruro w’abakozi mu Rwanda. Aho i...
Ku rubuga rwa X rw’Umuryango mpuzamahanga wita ku bakozi n’umurimo, Madamu Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yatangaje ko yishimiye gutangira inshingano nshya muri uyu muryango uhuriwemo ibihugu 187. ...
Ubuyobozi bw’Urugaga nyarwanda rw’abakozi, CESTRAR, buvuga ko bikwiye ko mu nama mpzamahanga ziga ku mategeko agenga abakozi, imibereho myiza yabo mu ngeri zose, bazajya bahagararirwa, bakazitangamo i...
Nyuma yo kwakira indahiro ya Minisitiri w’ibikorwaremezo, Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda ko kuranzika ibintu ngo uzaba ubikora kandi ntacyo wabuze, bidindiza iterambere ry’igihugu. Kuranzika um...
Rwanyindo Fanfan Kayirangwa wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo mu Rwanda yahawe inshingano zo kuba umuyobozi wungirije w’Umuryango mpuzamahanga w’abakozi akaba n’Umuyobozi wawo ku...
Akazi ni ngombwa mu buzima kuko gahesha ugafite amafaranga akeneye ngo yibesheho, abesheho abe ndetse agire n’umusaruro aha igihugu cye. Iyo umuntu akikageramo aba yumva agakunze bitavugwa. Arazinduka...
Izina rye ry’akazi ni Selekta Kuno, ariko asanzwe yitwa Anaclet Rukundo. Ni umusore uvanga umuziki, abazwi ku izina rya DJ (disc jockey). Avuga ko imwe mu mbogamizi ahurira nayo mu kazi ari uko hari u...









