Abo barimo Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe n’ushinzwe igenamigambi ku Rwego rw’Akarere ka Rubavu. Bahanishijwe kuzamara amezi atatu badahembwa kubera imyitwarire idahwitse ishing...
Mu Murenge wa Mukarange Akarere ka Kayonza bavuga ko abahacukura amabuye y’agaciro babikora batitaye mu kubungabunga ibidukikije bakabangiriza imirima. Bavuga ko iyo mirimo ituma barumbya kubera ko im...
Mu Murenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke umugore wihitiraga yasanze uruhinja ku kayira gaturiye ishyamba baruhataye. Amakuru avuga ko rufite hagati y’ukwezi n’igice n’amezi abiri, rukaba ari umuhung...
Mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza yaravugwa inkuru y’Umuyobozi w’Akagari ka Rwotso witwa Masengesho wemereye abaturage basanzwe bishoboye kujya gufata amafaranga yagenewe abatishoboye bakaya...
Abantu umunani bo mu Karere ka Rulindo baherutse gutabwa muri yombi na Polisi bakurikiranyweho kwiba intsinga zireshya na metero 60 mu rwunge rw’amashuri rwa Ngarama mu Murenge wa Base mu Karere ka Ru...
Mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu hari umuturage uvuga ko igice kimwe cy’inzu ye cyasenywe n’ibiza ubuyobozi bwanga kumufasha kuyisana kandi ari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe. Ubuyobozi bwo bu...
Abaturage bo mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Nyamasheke babwiye Taarifa ko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari kabo witwa Elias Ntihemuka yandavura kandi akabima serivisi nz...
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda haraba amatora mu rwego rw’Umurenge. Ni amatora y’abagize Komite mu byiciro bitandukanye. Abari buyobore ariya matora babanje kurahirira kuza gukora neza ibyo bashinzwe...
Umurenge wa Murambi ni umwe mu mirenge y’Akarere ka Karongi. Ubwo abawutuye bizihizaga imyaka 27 Abanyarwanda bibohoye, batashye ishuri rigeretse rimwe(etage imwe) ryubatswe mu Kagari ka Muhororo, Umu...
Umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu ejo nibwo byatangajwe ko yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha birimo icyo gusambanya ku gahato umwana w’imyaka 13. Kuri uyu...









