Mu Karere ka Gakenke, Umurenge wa Ruli, Akagari ka Jango, Umudugudu wa Murehe yatabawe Habarurema w’imyaka 23 wari waburiwe irengero guhera kuri uyu wa Gatatu mu cya kare, nyuma y’uko hari ikirombe c...
Mu Murenge wa Nyakabanda, Akagari ka Munanira II mu Karere ka Nyarugenge haraye hakozwe umukwabu wo gufata abakekwaho ubujura bwo gushikuza abaturage ibyo bafite. Abantu 28 nibo beretswe itangazamakur...
Mu Murenge wa Mushikiri mu Karere ka Kirehe hari Koperative y’abahinzi bise“Mushikiri Farmers cooperative” ihinga urutoki bya kijyambere k’uburyo insina imwe yera igitoki kipima Ibilo 130. Ni ibilo bi...
Abatuye Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze bavuga ko hari bagenzi babo b’abahinzi bari baratabiye ibijumba mu kabande bataka igihombo kubera ko ubuyobozi bw’uyu murenge buherutse kubasaba kuyirandu...
Umurenge wa Gahanga ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Kicukiro. Mu minsi yabanjirije n’ikurikiye Ubunani ubujura bukorwa n’abitwaje intwaro gakondo bwariyongereye none abatuye Akagari ka Kagasa b...
Abahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko abayobozi babo bababujije kwenga kwenga no gutara umutobe ngo bazanywe urwagwa biyengeye. Bategekwa kujyana ibitoki ku isoko rya Cyizi bakag...
Mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma hari abaturage babwiye itangazamakuru ko bashyingura ababo mu mwobo muto cyane kubera ko ubutaka bw’aho irimbi riri ari urutare. Babiterwa n’uko nta rimbi...
Ubuyobozi w’ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS), ari naryo ritoza Urwego rwunganira umutekano mu Karere n’Umurege rwitwa DASSO, bwasabye abakora muri uru rwego kuzibukira ibyo gushaka inyungu zabo a...
Imiryango imwe n’imwe itsimbaraye ku myemerere ya kidini yo mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Rusera mu Karere ka Kayonza, ivugwaho gukura abana mu ishuri ngo ntibihuje n’imwemerere yabo. Bavu...
Mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Kinihira haravugwa inkuru y’abagizi ba nabi badukiriye abatuye Umudugudu wa Buhamba, Akagari ka Nyakogo barabatema, abandi babakubita ubuhiri n’ibyuma bya fer a béto...









