Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...
Umuyobozi mukuru wa Polisi IGP Félix Namuhoranye ubwo yaganirizaga abahoze ari Abarembetsi bo mu Murenge wa Cyanika bibumbiye muri Koperative ‘Twiheshe Agaciro Cyanika’ yabemereye inkunga ya Miliyoni ...
Umugabo wo mu Mudugudu wa Nyabikate, Akagari ka Ruhinga mu Murenge wa Gitesi muri Karongi ahari agasenteri k’ubucuruzi aravugwaho kwica umuturanyi hanyuma ajya kwirega kuri RIB. Uwaduhaye amakuru avug...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi witwa Gérmain Nteziyaremye n’umukozi wa RIB witwa Francine Gatesi bakurikiranyweho ruswa. Amakur...
Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru abaturage basanze umurambo w’umuntu mu muhanda barebye basanga ni mutekano wo mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve mu Mujyi wa Musanze! Ib...
Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa ...
Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...
Mu ibaruwa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yandikiye Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith harimo ko agomba gukuraho icyemezo cyo kwirukana Ndagijimana Froduard wari...
Umugabo w’imyaka 65 arakekwaho kwitwikira inzu agamije kubishyira ku mugore we. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Kamurehe, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi. Ubugenzacyaha bukorera muri...
Kubera imvura nyinshi yari imaze iminsi igwa amazi akinjira mu nkuta z’inzu, rumwe muri zo rwagwiriye abana bavukana barapfa. Ni abo mu Murenge wa Ndaro, Akarere ka Ngororero mu Ntara y’Amajyaru...









