Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 06, Ugushyingo, 2022 nibwo umuraperi w’Umunyamerika wamamaye ku izina rya Eminem yashyizwe ku rutonde ry’ibindi byamamare by’Abanyamerika bitazibagirana ku isi. N...
Hari abemeza ko umuraperi w’Umunyarwanda witwa Riderman ari we umaze igihe muri aka kazi kandi witwaye neza kurusha abandi. Abamuzi bavuga ko muri rusange Riderman ari umusizi kandi ukora neza bikanyu...
Umuraperi w’Umunyarwanda Jay Polly yatabarutse Taliki 01, Nzeri, 2022 azize uburwayi yatewe n’uruvange rw’imiti bivugwa ko yanyoye. Amazina ye bwite yari Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly. Mu ij...
Umuraperi Amag The Black yabajijwe icyo yakora aramutse ahuye na mugenzi we witwa P-Fla akamwendereza. Uwamuhaga ikiganiro yamubajije niba yamutinyuka akamujya mu mitsi bakarwana, undi asubiza ko ibyo...
Youssoupha Mabiki wamenyekanye ku isi ku izina rya Youssoupha azaza gutaramira Abanyarwanda muri Nyakanga, 2022. Azaba yitabiriye Iserukiramuco ryateguwe n’Ikigo Africa in Colors gifatanyije n’ikindi ...
Umwe mu baraperi bakomeye mu Rwanda kandi ubimazemo igihe witwa Riderman yasohoye indirimbo aho avuga ko Abanyarwanda bagomba kurinda u Rwanda inkongi nk’uko Abatambyi bayirinda Isinagogi. Iyi ndirimo...
Mu ijoro ryacyeye umuraperi witwa Travis Scott yakoresheje igitaramo gikomeye k’uburyo hari abantu bamwe bagisizemo ubuzima. Hamaze kubarurwa abantu umunani. Hari inkuru yatangajwe na Sky News ivuga k...
Umuraperi wo muri Amerika witwaga Kanye West yahinduye izina rye mu buryo budasubirwaho yiyita Ye. Muri Kanama, 2021 nibwo yari yandikiye urukiko asaba ko rwamwemerera guhindura izina, akitwa Ye. Icyo...
Muri iki gihe agaragaraho ubwitonzi kandi yashinze studio itunganya umuziki yise Quit Money, ibi byose akabikesha ko yafunzwe bikamugorora. Kuri we gufungwa byamufashije kugororoka, ubu akaba atangiye...
Ubwo abatuye Kigali bari barategetswe kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda kwanduzanya COVID-19, Umuraperi Amag The Black yacuruje amafi. Byari uburyo bwo gufasha abantu kubona ibyo bafungura kandi n...









