Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent. Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherut...
Umuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana. Akurikiranyweho ibyaha birimo ...
Uyu muraperi yasinye imikoranire na sosiyete Deealoh Entertainment yo muri Nigeria bakazakorana mu gihe cy’imyaka itatu ishobora kuzongerwaho ibiri mu gihe impande zombi zashima imikoranire. Iyi sosi...
Semana Ishimwe Kevin uzwi nka Ish Kevin mu buhanzi avuga ko agiye kujyana mu butabera ibinyamakuru byanditse ko asangira ibyibano n’amabandi. Yavuze ko abo bafashwe bakamuvuga, ntaho ahuriye nabo. Ubw...
Ubusanzwe yitwa Andre Romelle Young, akaba umuraperi w’icyamamare ku isi hose ndetse utunganya n’umuziki. Itangazamakuru ryo muri Amerika rivuga ko uyu mugabo yahawe inyenyeri yo kumushimira akamaro ...
Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi witwa Lil Wayne avuga ko muri iki gihe yibagiwe indirimbo ze zo hambere zatumye aba icyamamare. Rwose yeruriye Rolling Stone ko nta kintu...
Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza ubu. Yari akiri muto kuko yar...
Abakoze urutonde rw’abaraperi barusha abandi ku isi bashyize Jay-Z(mu bagabo) na Nick Minaj( mu bagore) ku myanya ya mbere. Nibo baraperi b’ibihe byose. Birumvikana ko buri wese afite uwo akunda. Urut...
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’ Kudabagira ni inshinga y’Ikinyarwanda ...









