Mu Mudugudu wa Kamuvunyi A, Akagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza habonetse umurambo w’umusore witwa Habukwiye Viateur w’imyaka 19 wari iminsi irindwi hatazwi irengero rye....
Aho Alain Bernard Mukuralinda avuka mu Karere ka Rulindo habereye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo kumushyingura. Imihango yo kumusezeraho yahereye mu rugo rwe Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ...
Nyuma yo gusuzuma neza, igisirikare cya Israel cyasanze umwe mu mirambo Hamas yahaye iki gihugu y’abantu yari yaratwaye bunyago atari uw’umuturage wayo. Uwo murambo batuburiye Israel ni uw...
Umugabo witwa Nziza wo mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma yafashwe na Polisi ifatanyije na RIB nyuma yo gukekwaho kwica Pauline Nduwamungu, uyu akaba umukecuru yishe arangije amuca umutwe. Ya...
Mu Mudugudu wa Gasave, mu Kagari ka Raranzige mu Murenge wa Rusenge, mu Karere ka Nyaruguru, haravugwa inkuru y’umugabo wiyahuye nyuma yo gutema bikomeye umugore we n’umwana. Uvugwaho urwo rugomo ni W...
Mu Mudugudu wa Rugarama mu Murenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye haravugwa umugabo Shumbusho Viateur uvugwaho Kwica Nyina w’imyaka 95. Shumbusho we afite imyaka 48 akaba asanzwe ukuriye irondo mu...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Bweramana, Akagari ka Gitisi, batunguwe no kubona mu ruhame umugabo witwa Hakizimana Silas kandi bari bazi neza ko yari yaraye ashyinguwe. B...
Abagabo bane bagiye kuroba mu kiyaga cya Ruhondo ku ruhande rw’Akarere ka Burera bararohama umwe arapfa. Ni ikiyaga gituranye n’icya Ruhondo, bikaba ibiyaga bibiri bita ‘impanga’ kubera ko bituranye k...
Eric Dusabimana wo mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango yaguye kwa muganga azize ibuye yatewe umufana wa Rayon Sports witwa Anaclet Tuyishimire ubwo yari aje kumukiza ari kurwana na mugenzi we ufa...
Moïse Katumbi uri ku ruhande rw’abatavuga rumwe na Leta yaraye yitabiriye ikiriyo cy’uwahoze ari umuvugizi w’ishyaka rye witwa Chérubin Okende uherutse kwicwa arashwe. Uyu mugabo yigeze kuyobora Mini...









