Mu gihe hasigaye iminsi itageze kuri ine ngo hakinwe imikino yo ku munsi wa 30 wa Shampiyona, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, FERWAFA, ryakoze impinduka y’uko iyi mikino izakinwa. Ni imi...
Sena y’u Rwanda yakiriye inzego za Siporo zihagarariwe na Minisiteri yayo ngo baganire ku bibazo biri muri Siporo mu Rwanda muri rusange n’umupira w’amaguru by’umwihariko. Senateri Marie Rose Mureshya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryasubije umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC ko ikirego yareze umusifuzi wasifuye umukino ikipe ye yakinnye na Rayon Sports nta shingiro gifite. Wari um...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Sitade mpuzamahanga ya Huye yujuje ibisabwa ngo yakire imikino mpuzamahanga. Iby’uko yemewe byagaragajwe ubwo hatangazwaga gahunda ...
Abafana ba Rayon Sports baraye mu byishimo nyuma yo gutsindira APR FC kuri Stade mpuzamahanga ya Huye. Yayitsinze igitego 1-0, biyibera intsinzi yari ikumbuye kubera ko yabiherukaga mu myaka ine ishiz...
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...
Abantu bakabakaba 20,000 bitegerejwe kuza gusezera kuri Pele umugabo wabaye indashyikirwa mu mupira w’amaguru mu gihe cye. Umurambo we wazanywe muri Stade iri Rio de Jeneiro kugira ngo abantu bose bab...
Ku myaka 82 y’amavuko, icyamamare birijamwa gikomoka muri Brazil Pele yatabarutse azize cancer y’amara yari imaze iminsi yaramuzahaje. Ni umwe mu bantu bazahora basomwa mu bitabo by’amateka( the anna...
Mu mijyi imwe n’imwe ya Iran, bamwe mu batavuga rumwe na Leta baraye abandi bazindukira mu myigaragambyo yo kwishimira ko Amerika yaraye itsinze Iran mu mukino baraye bakinnye. Ni umwe mu mikino y’igi...
Abakurikirana imikino mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar bavuga ko hari icyizere ko umukino uri buhuze Amerika na Iran uraba uwo gusabana hagati y’abaturage b’ibi bihugu bisanzwe bitajya imbizi...









