Paulina Dudek na Oriane Jean-François bari mu Rwanda muri gahunda yo guhugura abana batorezwa muri PSG Academy Rwanda ku by’umupira ariko no gusura ibyiza by’u Rwanda. Bazasura ahantu hatandukanye mu ...
Ubwo Mukura Victory Sports yatsindwaga na Rayon Sports, umufana wayo yaguye igihumura baramuhungiza kugira ngo agarure akuka. Ni nyuma y’igitego cyatsinzwe na Eric Ngendahimana. Umukino ukirangira mu...
George Weah wahoze uyobora Liberia akaba yarabaye n’umukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru yemeje azaza kureba igikombe cy’Isi cy’Aba-Veterans kizabera i Kigali mu Rwanda. Kuri X ye niho yabitangarije....
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Werurwe 2024, Nibwo ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe ibitego 2:0 na APR FC kuri Kigali Pele Stadium mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona y’icyiciro cya ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles avuga ko hari ibintu biri mu mupira w’amaguru byari bikwiye gukosorwa kuko biwica. Yabwiye RBA ko ubwo yatangazaga ko ikipe ye ivuye mu mupira ...
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) usanzwe ari Perezida wa Gasogi United yisubiyeho ku cyemezo yari aherutse gufata cyo gukura ikipe ye mu mupira w’amaguru mu Rwanda kubera ‘umwanda’ avuga ko uwubamo. Kur...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yatangaje ko Salma Mukansanga ari mu basifuzi batazasifura imikino y’igikombe cy’imikino y’Afurika mu mupira w’amaguru mu mwaka wa ...
Uwo ni Serumogo Ally Omar. Uyu musore ukina ari myugariro yaraye asezewe ariko yishimiwe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yari amazemo imyaka itanu. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwamwifurije amahirwe aho...
Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru, Ferwafa, yanze kandidatire zirimo iya Gacinya Chance Denis na Murangwa Éugene wakiniye Rayon Sports. Aba bagabo ntibagaragaye ...
Amakipe y’u Rwanda yamaze kugera ku mukino wa nyuma mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 n’icy’abaterengeje imyaka 13 mu irushanwa rihuza amashuri y’Umupira w’Amaguru ya Paris Saint-Germain ku Isi ri...









