Icyemezo cy’Uburundi cyo gufunga imipaka yabwo yose ibuhuza n’u Rwanda cyatangiye kugira ingaruka kubera ko nk’uko byazindutse bigaragara, nta kamyo yemerewe guca ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Buges...
Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...
Amakuru acaracara kuri X aremeza ko Guverinoma y’Uburundi yanzuye ko imipaka yabwo n’u Rwanda ifungwa. Bivuzwe nyuma y’ibirego iki gihugu cyashinjaga u Rwanda by’uko rufasha RED Tabara, ibintu u Rwand...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yavuze ko ingabo z’u Rwanda ziteguye kurwana n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo nizerura zikarutera. Mu kiganiro yahaye RBA, Mukural...
Hatarashira amezi atanu, undi musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa. Uherutse kurasirwa mu Rwanda[hari taliki 03, Gashyantare, 2023] yari yinjiriye hagati y’umupaka...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 11, Gashyantare, 2023 ku Kanyaru hahuriye abayobozi b’u Burundi n’ab’u Rwanda baganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’ubufatanye mu by’ubukungu. Hashize igihe kirekire u ...
Inama y’ubukungu y’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, East African Business Council, itangaza ko kuva u Rwanda na Uganda byongera gufungura imipaka, ubucuruzi hagati ya Kigali na Kam...
Umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe. Gusa ntiwafunguwe uko wakabaye kubera COVID-19. Guhera muri Werurwe 2020 ubwo byemezwaga ko icyorezo cya COVID-19 cyageze mu Rwanda, imipaka yose ...
Kuba umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe ni ‘intambwe nziza.’ Abaturage b’u Rwanda na Uganda bari bakumbuye kugenderanira, bagahahirana, ndetse abafitanye isano cyangwa abaziranye ba...
Amakuru ava i Gatuna aravuga ko mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Mbere taliki 31, Mutarama, 2022 inzego z’umutekano ku ruhande rw’u Rwanda n’urwa Uganda zahuriye ku mupaka wa Gatuna kugira ngo ziga...









