Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko uru rwego rwatumije umunyamakuru Jean Paul Nkundineza ngo agire ibyo arusobanurira. Yirinze kuvuga impa...
Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023 nibwo umunyamakuru wa Jeune Afrique witwa Stanis Bujakera wari umaze iminsi mike afunzwe, yimuriwe muri gereza nkuru ya Makala. Yari yabanje gufatwa afungirwa m...
Stanis Bujakera Tshiamala usanzwe ukorera Jeune Afrique i Kinshasa amaze iminsi ibiri afunzwe. Yatawe muri yombi ku wa gatanu ubwo yari ku kibuga cy’indege cya N’Djili yitegura kujya i Lubumbashi mu...
Mukunzi Rubens wahoze ari umunyamakuru wakoraga ikiganiro kuri imwe muri radio zo mu Rwanda zikomeye, yamaze kwiyunga n’abagize RNC ivuguruye. Asigaye akorana n’abarwanya u Rwanda. Mukunzi yah...
Umwami Charles III aherutse gutegeka ko umunyamakuru wa BBC ufata amashusho asohorwa mu nzu yakorerwagamo umuhango wo kumusiga amavuta. Hari nyuma y’uko amubonye ari gufatisha telefoni ye amashusho ba...
Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika witwa Stéphanie Nyombayire yanenze The New York Times yahaye urubuga umunyamakuru Anjan Sundaram ngo ayinyuzemo igitekerezo gitoneka abarokotse Jenoside y...
Umuyobozi wa Radio Flash&TV mu Karere ka Nyagatare witwa Issa Kwigira yabwiye Taarifa ko ubuzima bw’umunyamakuru yakoreshaga witwa John Gumisiriza bugeze ahabi nyuma y’uko abaganga b’i Kanombe ba...
Ubuyobozi bwa Flash Radio&TV mu Karere ka Nyagatare bwabwiye Taarifa ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Gashyantare, 2023 abagizi ba nabi bateze umunyamakuru wabo witwaga John Gumisir...
Muri Leta ya Florida muri Amerika haravugwa inkuru y’umugizi wa nabi warashe umunyamakuru amusanze aho yari yaje gufatira amashusho y’ahabereye ubwicanyi bwakozwe n’uwo wamurashe. Umugabo uvugwaho ubw...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Ruhumuriza ukorera kimwe mu binyamakuru bikorera mu Rwanda ‘akekwaho’ icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu mugabo w’imyaka 4...









