Amakuru avuga ko ku wa Gatanu taliki 26, Mutarama, 2024 ubugenzacyaha bwataye Honoré Umuhoza usanzwe ukorera ikinyamakuru Radio/Flash TV akekwaho guha umuntu sheke itazigamiwe. Bivugwa ko hari umuntu ...
Umusore w’umuhanga mu kwandika inkuru ukomoka muri Pologne aherutse kwiyandikaho inkuru y’uburyo yakuze ari umusinzi uhohotera abagore ariko akaza kubyigobotora. Iyo nkuru yarakunzwe ariko biza kuran...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu taliki 29, Ukuboza, 2023 rwategetse ko umunyamakuru Uzabakiriho Gakire Fidèle afungwa imyaka itanu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukora no gukoresh...
Uwahoze ari umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru Ishema Fidel Uzabakiriho Gakire yasabiwe n’ubushinjacyaha gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni Frw 3. Ni ku cyaha cyo gukoresha impapur...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Kabiri taliki 05, Ukuboza, 2023, ruraburanisha Umunyamakuru Uzabakiriho Fidèle Gakire uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Uy...
Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha no gutangaza amakuru y’ibihuha yitabye urukiko mu bujurire ku ifunga n’if...
Umunyamakuru Theogene Manirakiza wari ufungiye ibyaha birimo kwaka ruswa ngo adatangaza inkuru ku munyemari, amaze gufungurwa by'agateganyo n’Urukiko rwaburanishaga idosiye ye. Ku rukiko aho rwa...
Aimable Nzizera wareze umunyamakuru Manirakiza Theogene icyaha cya ruswa yandikiye urukiko avuga ko amubabariye. Undi yavuze ko nta mbabazi ze ashaka, ahubwo ko agomba kwerura akabwira urukiko cyamut...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko umunyamakuru akaba na nyir’igitangazamakuru Ukwezi TV,Manirakiza Théogène afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Akurikiranyweho icyaha cyo gukangisha gusebanya....
Nyiri ikinyamakuru Ukwezi Manirakiza Théogène kinafite Umuyoboro wa Youtube witwa Ukwezi TV kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Ukwakira, 2023 yitabye urukiko ku nshuro ya mbere ngo amenyeshwe ibyo aregwa ...









