Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye i New York ko iyo u Rwanda ruvuga ko rwacyuye ingabo zarwo ziba mu gihugu cye, biba atari byo. Yabibwiye abanyamakuru baje mu ...
Yoram Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yemereye urukiko ko Tariki 11, Werurwe, 2025 yashatse guhutaza Perezida Museveni ubwo yari yagiye kuganira n’abatuye Kawempe ku byerekeye amatora. Icyo gihe hari ama...
Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Uhuru Kenyatta ari muri Nigeria mu biganiro n’abahagarariye ibihugu byabo muri kiriya gihugu kugira ngo barebere hamwe uko ibintu bihagaze muri iki gihe mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’igih...
Aho ari mu Nama mpuzamahanga yiga k’ukurinda ibidukikije iri kubera mu Misiri, Umukuru w’u Rwanda yaraye aganiriye na bagenzi be barimo Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea-Bissau, Emmerson Mnangagwa u...
Inzu Ambasade y’u Bufaransa muri Burukina Faso ikoreramo abaturage bayishumitse ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu. Byakozwe n’abaturage bashyigikiye ifatwa ry’ubutegetsi ku ngufu ryabaye ku wa Gat...
Yitwa Karine Jean- Pierre akaba ari umwiraburakazi ukomoka mu Birwa bya Martinique. Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida Joe Biden yamugize Umuvugizi w’Ibiro bye asimbuye Jen Psaki. Karine Jean-Pierre yav...
Yafotoye ibyamamare bikomeye mu Rwanda kandi bikora mu nzego zitandukanye. Kuri uyu wa Gatatu yizihije isabukuru y’imyaka 34 amaze avutse. Yavutse taliki 20, Mata,1988 avukira i Muhanga. Muzogeye ni u...
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu witwa Stéphanie Nyombayire avuga ko umwaka wa 2022 uzarangira u Rwanda rwatangiye gukora inkingo kandi ngo rwiteguye kuzatangira rukora inkingo miliyoni 50. Nyom...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu muri Ukraine yatangaje ko umwe mu basirikare barinda Perezida wa Ukraine yarashe bagenzi be yicamo batanu, akomeretsa abandi batanu ahita acika. Uriya musirikare yis...









