RIB, ku bufatanye na Polisi, yafunze Manirakiza Straton, umukozi mu Kigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ushinzwe ibikorwa byisanwa ry’umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusoro...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umukozi ushinzwe ibikorwa mu Kigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi rumukurikiranyeho kwigwizaho umutungo n’iyez...
Mu rukiko rwisumbuyue rwa Muhanga haraye habereye iburana ry’ibanze-mbere y’uko urubanza rujya mu mizi-mu rubanza ruregwamo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umu...
Ku myaka 24 umusore yibye shebuja $17,200 atorekera i Musanze ariko afatwa amenshi muri yo yamaze kuyohereza kuri konti ye. Bivugwa ko uyu musore yari asanzwe akorera shebuja mu Karere ka Gasabo. Umuv...
Mu Mudugudu wa Gatongati mu Kagari ka Mututu, Umurenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza hafatiwe umukobwa wakoraga akazi ko mu rugo ukekwaho kwiba umwana w’umuhungu w’aho yakoreraga. Uwo mukobwa uvugwa...
Karuranga Jane ni umukozi wa Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’ubuvuzi rikorera mu Karere ka Gasabo. Mu rukiko ubushinjacyaha bumukurikiranyweho guhimba no guhindura inyandiko kugira ngo aheshe akazi um...
Umukozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutsura ubuziranenge yaraye afatiwe mu cyuho yakira ruswa ya Miliyoni Frw 25 yari ahawe ngo agire ibyangombwa aha uwayimuhaye. Uwafashwe yitwa Valens Uwitonze akab...
Kuwa Mbere taliki 16, Ukwakira, 2023 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Léodomir Ntibansekeye rumukurikiranyeho gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo u Rwanda n’ahandi ku isi muri rusange hizihizwe umunsi mpuzamahanga w’abakozi, urugaga nyarwanda rw’abakozi, Centrale des Syndicats de Travailleurs du Rwanda( C...
Abanyarwanda babiri bavuga ko bakoreye ikigo cyitwa US Peace Corps mu bihe bitandukanye, ariko kirabahemukira kibirukana mu buryo budakurikije amategeko. Bakireze mu nkiko, zanzura ko bagitsinze ariko...









