Bisa nk’aho Donald Trump aha abanyamafaranga agaciro kanini ku buryo abiyegereza muri Politiki akora. Ubu yatangiye gukorana na Larry Ellison umukire wa kabiri ku isi ufite Miliyari $ 233. Ni um...
Forbes yanditse ko mu mezi 12 ashize nta muntu winjije Amadolari y’Amerika menshi kurusha abandi ku isi nka Mark Zuckerberg. Kugeza mu Ukuboza, 2024 yinjije Miliyari $112.6, akaba abarirwa yose ...
Perezida wa Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yahaye Elon Musk akazi muri Guverinoma nshya ko kuzafatanya n’abandi mu gucunga neza umutungo wa Amerika. Trump yashyizeho itsinda rizita kucyo ...
Umushoramari mu by’ikoranabuhanga w’Umunyamerika witwa Elon Musk yongeye aba umuntu wa mbere ukize ku isi. Arabarirwa miliyari $249.3. Uyu mwanya awusimbuyeho Umufaransa witwa Bérnard Arnault ufite um...
Forbes ivuga ko Umufaransakazi witwa Françoise Bettencourt Meyers ari we mugore wa mbere ukize kurusha abandi ku isi. Afite umutungo ungana na Miliyari $80.5, aya akaba yariyongereyeho miliyari $ 5.7 ...
Abakoze urutonde rw’abaraperi barusha abandi ku isi bashyize Jay-Z(mu bagabo) na Nick Minaj( mu bagore) ku myanya ya mbere. Nibo baraperi b’ibihe byose. Birumvikana ko buri wese afite uwo akunda. Urut...
Aliko Dangote yubatse uruganda rwa mbere runini muri Afurika ruyungurura ibikomoka kuri Petelori. Ruzatahwa taliki 24, Mutarama, 2023 na Perezida wa Nigeria Muhamud Buhari. Ni urwa mbere muri Afurika...
Umufaransa witwa Bernard Jean Étienne Arnault niwe wasimbuye Umunyamerika Elon Musk ku mwanya w’umuntu ukize kurusha abandi batuye isi. Arnault asanganywe ibigo 70 bikora imyenda n’imibavu, birimo ik...
Abibwira ko amafaranga Elon Musk acuruza yose ari aye ku giti cye nk’uko ingingo z’umubiri we ari ize ku giti cye, baribeshya! Afite abandi banyamigabane bashoye mu bigo bitatu ayobora harimo n’ikitwa...
Byemejwe ko umukire wa mbere ku isi Elon Musk yaguze urubuga rwa Twitter kuri Miliyari $44. Yahise yirukana benshi mu bakozi bayo, bityo abantu bagira impungenge ko yaba agiye kuzana indi mikorere mis...









