Umwe mu bakinnyi beza ba Basket muri Amerika witwa Kyrie Irving yahagaritswe mu ikipe yakiniraga yitwa Brooklyn Nets nyuma yo gushyira amagambo ku rukuta rwa Amazon aho yashimagizaga ibyavuze kuri fil...
Perezida wa FERWACY Murenzi Abdallah avuga ko kuba Abanyarwanda baherutse kwitabira irushanwa ryabereye muri Australia baratsinzwe, byatewe n’uko bari bananiwe. Ngo bahageze hasigaye umunsi umwe( amas...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe Nyarwanda rw’abakina umukino wo koga, Rwanda Swimming Association, Madamu Girimbabazi Pamela Rugabira yabwiye Taarifa ko Federasiyo mpuzamahanga y’umukino wo koga yabemereye k...
Abasore bagize ikipe y’u Rwanda y’umukino wo gutwara igare baraye bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu Rwanda bavuye muri Cameroun aho baherutse gutwara isiganwa rya kiriya gihugu bita ‘Tour du Came...
Ku wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, 2022 Kapiteni w’Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya Shampiyona Nyafurika ya Basketball Elie Kaje yasezeranyije Abanyarwanda ko mu mikino ya nyuma y’iri r...
Mu ntangiriro za Mata, 2022 ni ukuvuga guhera taliki 04, kugeza taliki 10, muri Tanzania hazabera irushanwa ry’umukino wa Golf wateguwe n’Ikigo International Sports Management ndetse n’Ihuriro ry’aba...
Itangazo rya Federasiyo mpuzamahanga ya Volleyball, ku rwego rw’isi yatangaje ko Federasiyo y’uyu mukini mu Rwanda iciwe amande ya Frw 120,000 y’Amafaranga y’u Busuwisi kubera ko mu mikino y’igikombe ...
Abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda basigaye bavuga ko ikipe ya APR FC idahagaze neza nk’uko byahoze. Babishingira ku ngingo y’uko iherutse gutsindwa na Musanze FC ndetse mu mpera z’Icyumweru gishize...
Ku nshuro ya kabiri abakinnyi b’umukino ukinirwa ku meza bita billard bagiye guhura barushanwe uzahita abandi azahembwe Frw 150 000. Ubwo ryabaga ku nshuro ya mbere ryatwawe na Philbert Dushimiyimana....
Ku kazuba k’agasusuruko mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki 16, Ukwakira, 2021 abagabo n’abagore bakunda umukino wa Golf bahuriye ahubatswe ikibuga cyawo kigezweho mu Karere ka Rwamagana barawukina...









