Ikipe y’igihugu ya Handball y’abatarengeje imyaka 20 yageze muri Republika ya Kosovo mu mujyi wa Pristina mu kwitabira irushanwa ry’uyu mukino ku rwego rwa Afurika ryitwa IHFTrophy/Intercontinental P...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwemeje ko Umufaransa wari ufite umwenda w’umuhondo witwa Fabien Doubey ari we watwaye Tour du Rwanda,. Hari nyuma yo gutangaza ko agace ka karindwi kabaye impfabusa kuko ...
Dr. Adolphe Aremou Mansourou uyobora Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Handball muri Afurika (CAHB) ari mu Rwanda, Yazinduwe no kugenzura niba iki gihugu kiri kwitegura neza kuzakira imikino y’Igikombe...
Amakipe atandatu yo mu Rwanda niyo yemejwe ko azitabira irushanwa rihuza ayabaye aya mbere iwayo mu bihugu byo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, “CAVB Zone V Volleyball Club Championship 2025”. Am...
Nyuma y’uko umukinnyi wayo asohowe kubera gukunira bagenzi nabi bagenzi be bo mu yindi kipe bari bahanganye, APR FC yaje gutsinda Police FC kuri Penaliti 4-2 nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 120....
CAF yongereye amafaranga azahabwa igihugu kizegukana Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024), ku kigero cya 75%, imikino yayo ikazabera muri Uganda, Tanzania na Kenya. Imikino y...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 12, Ukuboza, 2024 Perezida Kagame yashimiye abayobozi mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka kubera icyizere bagiriye u Rwanda bakaza mu nama...
Umukino wahuje amakipe akomeye muri Guinea Conakry warangiye nabi nyuma y’uko abafana batemeranyije n’umwanzuro w’umusifuzi bakarwana muri bo hagapfa abantu 56. Ibi byago byabereye m...
Umukino wa mbere wo gushaka tiki yo kuzitabira imikino y’igikombe cya Afurika cyo mu mwaka wa 2025 wahuje u Rwanda na Senegal warangiye rutsinzwe na Senegal ku manota 81 na 58 yarwo. Uwo mukino waber...
Icyamamare mu mukino w’igipfunsi Umunyamerika Mike Tyson yaraye akubiswe n’umusore w’imyaka 27 witwa Jake Paul mu mukino yari yavuze ko ari uwo gusezererano akazi yakoze akina iteramakofe. Tyson afite...









