Umukinnyi wa Filimi uri mu bakomeye ku isi witwa Will Smith yaraye yeguye mu itsinda ry’abagize inama itanga ibihembo by’abakinnyi ba Filimi ryitwa Academy of Motion Picture Arts & Sciences. Yavuz...
Umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize mu mupira w’amaguru wafashije ikipe y’igihugu cye cya Brazil ari mu bitaro kandi abaganga baravuga ko arembye cyane k’uburyo batamenya igihe azabimaramo. Abaganga ...
Nyuma yo kwakirwa muri Paris Saint Germain, ubu Lionel Messi yatangiye imyitozo hagamijwe kureba niba afite ubuzima bwiza bwamufasha imyitozo muri iriya kipe yinjiyemo bwa mbere. Itsinda ry’abaganga b...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 08, Kamena, 2021 umukino wa mbere watangiye saa tatu n’igice za mu gitondo uhuza Kenya na Nigeria. Ikipe ya Nigeria niyo yawutsinze. Yatangiye yahisemo gukina ikubita udupir...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwasinyishije rutahizamu mushya witwa Mombote Batshi Assis. Uyu mukinnyi yari asanzwe akinira ikipe yitwa Lusaka FC yo muri Zambia. Ku rubuga rwa Twitter rwa Rayon Sports ba...




