Héritier Luvumbu Nzinga ni umukinnyi mushya Rayon Sports yazanye. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali yavuze ko aje yiyemeje gufatanya na bagenzi be kugira ngo bazanzamure iyi kipe iri mu zi...
Victor Wembanyama ni Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ari kurambagizwa n’amakipe akomeye muri Basketball y’Amerika, NBA. Wembanyama afite metero 2,20 z’uburebure. Hari...
Nyuma y’ibiganiro byari bimaze igihe kirekire bibera mu muhezo hagati y’abayobozi muri Amerika n’abo mu Burusiya, ubutegetsi bw’iki gihugu bwaje kurekura Brittney Griner uyu akaba ari Umunyamerikakazi...
Ku nshuro ya mbere rutahizamu w’u Bufaransa akagira n’inkomoko muri Algeria Karim Benzema, yatwaye igihembo cy’umukinnyi wahize abandi mu mwaka wa 2021. Ni igihembo bita Ballon D’or gihabwa umukinny...
Serana Williams wari umaze iminsi mike atangaje ko agiye guhagarika gukina Tennis kubera ko yumvaga igihe kigeze, yatangaje ko iki gitekerezo abaye agihagaritse nyuma y’uko mu ijoro ryacyeye atsinze u...
Amakuru atangazwa na Dailymail avuga kuri Tennis yemeza ko icyamamare ku isi muri Tennis ikinwa n’abagore witwa Serena Williams yasezeye muri uyu mukino akaba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Serena Wi...
Uyu Munyamerika ari mu bakinnyi ba Filimi b’iki Kinyejana bamamaye kurusha abandi. Imwe muri Filimi yakinnye mu byiciro yiswe Pirates of Caribbean iri mu zakunzwe kurusha izindi mu myaka ya vuba aha k...
Nta nduru ivugira ubusa! Uko ni ko Abanyarwanda baciye umugani bashaka kuvuga ko iyo ibintu bivuzwe na benshi akenshi biba byifitemo ukuri. Uko kuri niko kwatumye umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Col...
Amakuru yatangajwe na BBC aravuga ko Umunya Ecosse ufite inkomoko mu Rwanda witwa Nshuti Gatwa usanzwe ari umunyarwenya yemejwe ko ari we uzakina ari umukinnyi w’imena muri filimi z’uruhererekane zama...
Romami André Fils wigeze kuba umukinnyi ukomeye wa APR FC na ATRACO FC ndetse akagakina no mu kipe y’igihugu, Amavubi, yatawe muri yombi taliki 24, Werurwe, 2022 akurikiranyweho kunywa urumogi. Nyuma ...









