Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko iyi kipe yatandukanye na Eric Mbirizi wakinaga hagati. Uyu musore ukomoka mu Burundi yahisemo kuva muri Rayon kandi ngo ni ikintu cyakozwe ku bwumvikane bw’imp...
Amakuru avuga ko hari umukozi muri Ambasade y’u Rwanda muri Kenya wagiye aho Rubayita yiciwe ngo akurikirane iby’iki kibazo. Uyu Munyarwanda uherutse kwica nyuma yo gushyamira n’Umunyakenya bapfa inku...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Uwo ni Serumogo Ally Omar. Uyu musore ukina ari myugariro yaraye asezewe ariko yishimiwe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yari amazemo imyaka itanu. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwamwifurije amahirwe aho...
Wembanyama ni Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Yaraye ashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi ikipe yitwa San Antonio Spurs yifuza gukinisha. Bivugwa ko muri iyi kipe, Wemban...
Ikipe ihagarariye u Rwanda mu irushanwa nyafurika rya Basketabal, BAL, riri kubera i Dakar muri Senegal ikomeje kwitwara neza. REG BBC imaze gutsinda amakipe abiri yikurikiranya. Umukino waraye uhiyij...
Nyuma yo gutsinda amanota menshi mu mukino waraye uhuje Los Angeles Lakers na Oklahoma City Thunder, LeBron James yahise aba umukinnyi wa mbere winjije amanota menshi ku isi. Kugeza ubu afite amanota ...
Adonis Filer wafashije ikipe ya REG BBC kwegukana shampiyona y’umwaka ushize(2022), nyuma akajya gukinira Urunani BBC y’i Burundi agiye kuyigarukamo. Ubwo REG BBC yakinaga muri Shampiyona ya 2022, ur...
Goua Gohou yaraye atangaje ko yatandukanye na FC Aktobe yo mu cyiciro cya mbere muri Kazakhstan nyuma y’umwaka umwe ayikinira kugira ngo abone uko aza mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu buryo bwuzuye. H...
Abantu bakabakaba 20,000 bitegerejwe kuza gusezera kuri Pele umugabo wabaye indashyikirwa mu mupira w’amaguru mu gihe cye. Umurambo we wazanywe muri Stade iri Rio de Jeneiro kugira ngo abantu bose bab...









