Uburwayi bw’ibihaha bwatumye Umuholandi witwa Mathieu van der Poel wari buzitabire isiganwa mpuzamahanga rikomeye ribera mu Bufaransa ryitwa Tour de France abihagarika. Uyu mugabo yari bwitabire agace...
Umurundi Bigirimana Abedi aragera i Kigali aje gukinira Rayon Sports. Bivugwa ko ari bubanze gusinya amasezerano n’iyo kipe kugira ngo azay mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26. Rayon Sports FC iri gu...
Aliou Diarra wari usanzwe ukinira APR BBC yatoranyijwe na Texas Legends naho Jean Jacques Boissy wa REG BBC atoranywa na Memphis Hustle. Zombi zuikina muri Shampiyona yitwa NBA G-League yo muri Amer...
Obadiah Noel umukinnyi wakiniye APR Basketball Club mu mikino ya Basketball Africa League [BAL], yatangaje ko yishimiye kuba Umunyarwanda nyuma yo guhabwa indangamuntu nyarwanda. Uyu musore w’im...
Uyu mugabo ukomoka muri Phillppines wari umaze imyaka imyaka irenga itanu adakina iteramakofe yatangaje ko agiye kugaruka muri uyu mukino. Biteganyijwe ko tariki 19, Nyakanga, 2025 azakina umukino n’u...
Gasogi United yatangaje ko igiye kurega umukinnyi wayo ukomoka muri Centrafrique, Théodore Yawanendji-Malipangou Christian kuko yataye akazi no kutubahiriza amasezerano bagiranye. Ibaruwa ikubiyemo im...
Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Amerika witwa Idris Elba yatangaje ko afite gahunda yo kuzatura muri Afurika akazahamara imyaka 10 atoza abakinnyi ba filimi uko filimi ikinwa ku rwego mpuzamahanga. Idr...
Myugariro wa Gasogi United yatawe muri yombi akurikiranyweho gukwirakwiza amafoto n’amashusho y’ubwambure bw’uwahoze ari umukunzi we. Uko bigaragara uyu musore amaze igihe afunzwe kuko yatawe muri yom...
George Weah wahoze uyobora Liberia akaba yarabaye n’umukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru yemeje azaza kureba igikombe cy’Isi cy’Aba-Veterans kizabera i Kigali mu Rwanda. Kuri X ye niho yabitangarije....
Uwo ni Joseph Blackmore ukinira ikipe yo muri Israel yitwa Israel Prem Tech watwaye agace ko kuva i Musanze ukagera i Kigali kuri Mont Kigali. Intsinzi ye ihuriranye n’uko uyu munsi ari umunsi we w’am...









