Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10, Kamena, 2025 ubuyobozi bw’Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo bwajyanye kwa muganga umukecuru Mukandoli Ange Taarifa Rwanda yari im...
ABAYOBOZI bamwe, bitewe n’impamvu zitandukanye, bafata itangazamakuru nk’imbogamizi kuko ribahwitura ngo buzuze inshingano zabo. Urugero ni urw’abo mu Murenge wa Kiziguro banditse banenga Taarifa Rwan...
Abayobozi b’Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo nyuma yo kumenya ko umukecuru Mukandoli Ange ashonje babisomye kuri Taarifa Rwanda, bagiye kumusura imbokoboko. Aho ba...
Mu Kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo hatuye umukecuru w’imyaka 71 urwaye indwara yamurembeje guhera muri Nyakanga, 2024. Siyo gusa imurembeje ahubwo n’inzara ntimworo...
Umuyobozi wa IBUKA mu Karere ka Ngoma, Biseruka Omar yabwiye itangazamakuru ko umukecuru w’imyaka 66 witwaga Pauline Nduwamungu wari wararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’abantu batahise bam...
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge haravugwa umukobwa ukurikiranyweho kwica Nyirakuru bapfa imitungo. Abo mu muryangowa nyakwigendera witwaga Adel...
Mu rugo rwa Mukanyandwi Claudine w’imyaka 34 utuye mu Mudugudu wa Kirundo, Akagari ka Butara, Umurenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza hapfiriye umukecuru witwa Ikizanye Rose w’imyaka 68 wari wahahuriy...
Mu ijambo yagejeje ku basirikare barangije amasomo bari bamazemo iminsi mu kigo cyabo cya Gako, Perezida Kagame yababwiye ko mu muco w’Abanyarwanda muri rusange n’ingabo muri rusange bazira agasuzugur...
Umusore wo mu karere ka Huye mu Murenge wa Huye, Akagari ka Sovu akurikiranyweho kwica atemye umukecuru yasanze mu nzira akamwadukira ntacyo bapfuye. Uyu musore afite imyaka 38 y’amavuko n’aho umukecu...









